Umunyarwenya wo
#Nigeria
Doctall Kingsley yoherereje Abanyarwanda ubutumwa bwo kubafata mu mugongo muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
#Kwibuka30
"Jye ntabwo nifuza ko umuntu apfa, nta wifuriza umuntu ko yapfa, (Twagiramungu) ntabwo yari umwanzi ahubwo yari ’adversaire’(uwo muhanganye), ariko nubwo yaba umwanzi ntabwo wifuza ko umuntu apfa, nubwo yatuvugaga nabi ntadukunde." - Muzehe Tito Rutaremara wiganye na Faustin
Perezida
#Kagame
kuri Radio10
RadioTv10 ibararikiye gukurukira ikiganiro na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki 01 Mata 2024, saa 14:00’.
Ni umwanya mwiza ku Banyarwanda wo kuganira n’Umukuru w’Igihugu, abafite ibitekerezo, ibyifuzo,
IFOTO : Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa, yagaragaye ari gukina umukino wa Billard ukinwa hirya no hino mu mu tubari, mu bigo by’amashuri n’ahandi hahurira abantu benshi bataramye.
Kuri uyu mugoroba Kigali Convention Center yacanye amabara ya Rayon Sports.
Rayon Sports yegukanye igikombe cya Super Cup nyuma yo gutsinda mucyeba wayo w’ibihe byose APR FC, 3-0.
RADIOTV10 would like to express its deepest gratitude to His Excellency the President of the Republic Paul
#Kagame
for the exclusive interview granted to Radio 10, and thanks thousands of listeners from all backgrounds who followed the live interview and sent their comments.
President
#Kagame
: I have seen people on social media complaining about the traffic penalties. People are paying all the time for going beyond 40 km/hr. And that speed is for some of us who walk. The speed should not be too low. I have spoken to the Police officials.
#RwOT
Ingabire Marie Immaculee avuga ko yababajwe cyane no kuba
@RURA_RWANDA
yarazamuye ibiciro by'ingendo, ititaye ku mvune n'ubushobozi bw'abaturage, ikareba ku nyungu z'abashoramari gusa, nyamara ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli byaragabanutse ku buryo bugaragara.
#Ahabona
#Zinduka
Muravuga iki ku kuba abanyeshuri barimo kubyutswa mu gicuku ngo batahe bajye mu biruhuko?
Umutekano wabo ucungwa ute? Ese ubundi impamvu y'igicuku ni iyihe?
Tuganire!
Perezida
#Museveni
wa
#Uganda
avuga ko amahirwe ye yo kujya mu Ijuru ari menshi, kuko yabaniye neza Abanya-Uganda by’umwihariko akaba yarabafashe nk’abana be.
Umuhanzi Platini P yaririmbye “Deux Fois Deux” ya nyakwigendera Jay
Polly abana b'uyu muraperi bazamuka ku rubyiniro.
Abitabiriye iki gitaramo bemeye kurihira abana ba Jay Polly amashuri imyaka itatu ndetse batanga arenga miliyoni 15FRW azajya abafasha mu buzima bwa buri munsi.
Mutembayire Aline w’imyaka 41, yasoje amasomo ye mu mashuri abanza aho yigaga mu ishuri rya New Vision Primary School riherereye mu Murenge wa Ngoma muri
@HuyeDistrict
.
#Zinduka
Bishop Rugagi avuga ko Imana imukoresha akavura
#COVID19
Ati 'niba nawe urwaye hamagara iyo nimero, kandi nuramuka upfuye uzatangaze ko ndi umuhanuzi w'ibinyoma.'
Ni iki mwabwira Rugagi?
Haba hari abandi bantu bitwikira idini bakavuga ko bakiza
#COVID
-19?
Tuganire!
Hagati ya Rayon Sports na Gasogi United ni iyihe kipe yigiza nkana? Kuri uyu wa Gatanu Saa 18:00, aya makipe aracyina umukino wa Shampiyona uzabera kuri Kigali Pelé Stadium.
Mu mpera z’icyumweru gishize Tesi Uwibambe, umukobwa wa Gen Kale Kayihura wahoze ari umuyobozi wa Polisi ya
#Uganda
yerekanye umukunzi we Edwin Cyusa Gasana, umuhungu wa CG Emmanuel Gasana wabaye umuyobozi wa Polisi y’u
#Rwanda
.
Hari umwana wo muri
@RusiziDistrict
mu murenge wa Bugarama watsinze ikizamini cya Leta abura uko ajya kwiga kuko we na murumuna we bamaze imyaka ibiri bibana mu nzu nyuma y'uko nyina na nyirakuru babataye bakajya kwishakira abagabo.
@RwandaLocalGov
@Rwanda_Edu
Umukinnyi Prince Ibeh wakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball mu mikino nyafurika yabereye i Kigali, yitabiriye igitaramo cya J. Cole bakinanye mu mikino ya
#BAL
muri Patriots BBC.
Ikigo cya Gisirikare cy'Ubwishingizi ku Ndwara (MMI) cyahindutse urwego rwigenga, umuntu wese ashobora kuguramo ubwishingizi ku ndwara bidasabye ko agomba kuba ari uwo munzego z’umutekano, bibaye nyuma yuko abadepite bemeje itegeko rishyiraho uru rwego kuri uyu wa Kabiri.
Inzego z’umutekano kuri uyu wa Kabiri mu masaha ya kare mu gitondo, zarashe umusore witwa Dusabe Albert wemeye ko yishe, Muhirwe Karoro Charles wari Umwalimu wa Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Nyagatare.
Mu masaha ya saa kumi za mu gitondo (04h00 a.m), kuri uyu wa Kabiri, uriya
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yari yavuze ko ibyishimo by’abafana ba Rayon Sports uyu munsi ashyiraho akadomo.
Ijambo rimwe kuri we?
FT : Rayon Sports 3-0 APR FC.
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cyiruta ibindi “Super Cup” itsinze mucyeba wayo.
Abakunzi ba Murera mubyakiriye mute?
Umunyarwandakazi Niragire Marie France wamamaye mu ruganda rwa cinema, abaye umukinnyi wa mbere wa Film utunze imodoka ihenze kandi nziza. Ni imodoka yo mu bwoko bwa Cross Country Merceds Benzi, igura arenze Miliyoni 100 Frw.
Rutamu Elie Joe wamenyekanye cyane ku maradiyo atandukanye mu biganiro by’imikino ndetse no mu kogeza imipira. Yatangaje ko asezeye itangazamakuru nyuma y’uko
#Argentine
na Messi badatwaye igikombe cy’Isi turi kumwe muri
#10Zone
aka kanya kuri Rado10.
Perezida
#Kagame
uri muri Korea y’Epfo aho yitabiriye Inama ihuza iki Gihugu na Afurika, azanasura imwe muri Kaminuza zikomeye muri iki Gihugu no ku Isi, azanaherwamo impamyabushobozi y’icyubahiro ya Doctorate muri 'Public policy and Management'.
Nyuma yuko mu Nteko habaye impaka ku kuba u Rwanda rudaca itabi, umusesenguzi yavuze ko mu bibazo byugarije Abanyarwanda hatarimo itabi, ati “Ibirayi bigeze kuri 700Frw ariko Abadepite baravuga iby’itabi! Nibave mu matabi si byo twabatoreye.”
⬇️
#Zinduka
Uvuga iki ku byo Perezida Museveni avuga ku butinganyi?
Avuga ko ubutinganyi ari ubumuga bwo mu mutwe, ko atakwihanganira ko abafite ubumuga babwinjizamo abatabufite. Igihano cy'urupfu na cyo kirateganijwe.
Tuganire!
📸 AMAFOTO 📸
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw'Akarere muri Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, yatashye ubukwe bwa The Ben na Pamella.
#Zinduka
Uravuga iki ku kuba
@RIB_Rw
yatumije Jean Paul Nkundineza nyuma y'uko avugiye ati [Prince Kid] tumuguhe umurye?' abwira Miss
@JollyMutesi
?
Hagati aho turagaruka kandi ku ikatirwa rya Prince Kid.
Tuganire!
Simba SC yo muri
#Tanzania
iri mu biganiro na rutahizamu wa APR FC, Victor Mbaoma, aho yifuza kumutangaho asaga ibihumbi 200$, nkuko tubikesha the new times.