Nubwo bitaba igisobanuro cy’ukuntu umuturanyi yica undi, umunya Rwanda agatema mugenzi we, abantu bagahinduka ibiburabwenge bagahiga bagenzi babo nk’abahiga inyamaswa, abakobwa/gore bagafwata ku ngufu…
Ariko uwahanuye indege niwe wakuruye imbarutso yamahano yose yabaye 1994.